Umubyeyi warufite abana ba 2 biga mukigo cyakure umwe aza kibaza mugenzi we Ati: se munkuru wanjye buriya cyera mama na papa barize nigute twebwe turenga ahantu hangana gutya ngo tugiye kwiga ubundi kwiga Niki?kombona abandi bagendera mu modoka twe tukagenda namaguru,ubundi ibyo twiga bizaduha imodoka?munkuru we Ati yego,undi nawe nonese kombona ababyeyi bacu barize ubwo bivuze ngo impamvu badafite imodoka nicyo cyibazi?
Sesengura icyo uyu mwana yashatse kugeraho muribyo bibazo yabazaga munkuru we