Categories: Uncategorized

Inama y’umunsi

Umubyeyi warufite abana ba 2 biga mukigo cyakure umwe aza kibaza mugenzi we Ati: se munkuru wanjye buriya cyera mama na papa barize nigute twebwe turenga ahantu hangana gutya ngo tugiye kwiga ubundi kwiga Niki?kombona abandi bagendera mu modoka twe tukagenda namaguru,ubundi ibyo twiga bizaduha imodoka?munkuru we Ati yego,undi nawe nonese kombona ababyeyi bacu barize ubwo bivuze ngo impamvu badafite imodoka nicyo cyibazi?

Sesengura icyo uyu mwana yashatse kugeraho muribyo bibazo yabazaga munkuru we

ndimuro

Share
Published by
ndimuro

Recent Posts

Ingaruka Zo Kurya Ibiryo Byokeje Cyane

Ingaruka Zo Kurya Ibiryo Byokeje Cyane Ibiryo byokeje cyane bikundwa n'abantu benshi kubera uburyo biryohera,…

2 weeks ago

Ingeso 7 Zifasha Gukomeza Ubwonko

Ingeso 7 Zifasha Gukomeza Ubwonko Ubwonko ni rwo rugingo rugenzura ibitekerezo, kwibuka, imyanzuro n'imikorere y'umubiri…

3 weeks ago

Kuki Umuntu Ashobora Guhorana Umunaniro Nubwo Yaryamye?

Kuki Umuntu Ashobora Guhorana Umunaniro Nubwo Yaryamye? Hari abantu babyuka mu gitondo bumva bananiwe nk'aho…

3 weeks ago

Impamvu 7 zikunze gutera kubira ibyuya cyane

Impamvu Zishobora Gutera Umuntu Kubira Ibyuya Cyane Kubira ibyuya ni uburyo busanzwe umubiri ukoresha kugira…

4 weeks ago

Uko Wakwirinda Kubura Amazi Mu Mubiri

Uko Wakwirinda Kubura Amazi Mu Mubiri Kubura amazi mu mubiri (dehydration) ni ikibazo gishobora gufata…

4 weeks ago

Ingeso Zoroheje Zagufasha Kubaho Igihe Kirekire

Ingeso Zoroheje Zagufasha Kubaho Igihe Kirekire Kubaho igihe kirekire ntibishingira ku mahirwe gusa, ahubwo bishingira…

4 weeks ago