Umubyeyi warufite abana ba 2 biga mukigo cyakure umwe aza kibaza mugenzi we Ati: se munkuru wanjye buriya cyera mama na papa barize nigute twebwe turenga ahantu hangana gutya ngo tugiye kwiga ubundi kwiga Niki?kombona abandi bagendera mu modoka twe tukagenda namaguru,ubundi ibyo twiga bizaduha imodoka?munkuru we Ati yego,undi nawe nonese kombona ababyeyi bacu barize ubwo bivuze ngo impamvu badafite imodoka nicyo cyibazi?
Sesengura icyo uyu mwana yashatse kugeraho muribyo bibazo yabazaga munkuru we
ISHYINGIRWA MU RWANDA RWO HAMBERE (IGICE CYA 3) Uko Umukobwa Yatwarwaga Mu Rugo rw'Umugabo Mu…
URUKUNDO RWUBAKIYE KU MAFARANGA RWARANGIYE MU MUBABARO Kigali– Mu buzima bwa buri munsi, hari…
Mu myaka ya 2000 kugeza mu ntangiriro za 2010, gukoresha internet n’imbuga nkoranyambaga mu Rwanda…
Kwishyingira: Umunsi Umugeni Yinjiraga Mu Muryango Mushya Nyarugenge – Mu Rwanda rwo hambere, kwishyingira ntibyari…
Kigali, Kamena 2026 – Mu gihe ubukungu bw'u Rwanda bukomeje kwiyongera ku muvuduko ushimishije, abaturage…
Gushyingira mu Rwanda rwo Hambere Kera cyane mu Rwanda, igihe abami bagitegekaga igihugu kandi…